Bang Media

Urukundo

Baza Shangazi

Shakisha ku Urwego.com

70% y'Abagabo ku isi ntibasiramuye

Ubushakashatsi bwagaragaje ko 70% y'abagabo ku isi batakebwe, bwagaragaje ko 30% gusa y'abahungu bari hejuru y'imyaka 15 aribo bakebwe, abenshi muri bo akaba ari abasiramu n'abayahudi. Muri Amerika abakebwe bakabakaba muri 55% bitewe n'ibyiza abikebesha babona muri icyo gikorwa. AbashakAshatsi kandi basanze urwo ruhu rwakebwe ku imboro rutajugunywa kuko ari ingirakamaro, rushobora gukoreshwa mu gusimbuza uruhu rwahiye mu mpanuka y'umuriro cyangwa indi mpanuka yatuma umuntu atakaza uruhu


Related Posts by Categories



0 comments:

Post a Comment