Ubundi mu muco nyarwanda ndetse no mu yindi mico imwe n'imwe gusiramurwa cyangwa gukebwa si ngombwa iyo umwana w'umuhungu avutse. Ni ukuvuga umuhungu akurana imboro yavukanye kurinda akuze. Ni ukuvuga imboro ifite uruhu rwayo rwose rugera ku mutwe w'imboro.
Hari n'indi mico isiramura cyangwa ikeba abana b'abahungu n'abagabo kubera impamvu zinyuranye(idini-abisilamu,abayuda;abisiramuza kubera isuku n'ibindi).
1.Abasilamu bakebwa ku myaka 12
2.Abayahudi bakebwa nyuma y'iminsi 8 bavutse mu muhango wabigenewe
3.Hari abakeberwa kwa muganga bakivuka.
Abagabo bakebye ku isi ni 30% by'abagabo bose.70% ntibakebye.
KUKI ABANGABO BAMWE BAKEBWA
1.idini
2.nzagire imboro nk'iya data
3.isuku
4.imboro isiramuye igaragara neza
KUKI ABAGABO BAMWE BADAKEBWA
1.birababaza
2.ni ubunyamanswa
3.ukeba ashobora kwibeshya akakumugaza
4.kwanga gutakaza uruhu rurimo imyakura y'igitsina
5.imboro nk'iya data
6.imboro idasiramuye igaragara neza.
7.si ngombwa gukebwa kubera isuku
Urukundo
Baza Shangazi
Shakisha ku Urwego.com
GUKEBWA
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment