Kora ibi bintu niba ushaka kwigarurira umutima w’umukobwa mu gihe gito akazinukwa abandi bahungu burundu
. Niba ushaka kwigarurira umutima w’umukobwa mu gihe gito akazinukwa abandi bahungu burundu, dore inzira ugombwa kubinyuzamo
Mugihe rero umusore abashije gukurikiza izi nyigisho, ntakabuza urundo rwe ruzaba indashyikirwa ku buryo usanga ari intangarugero n’icyitegererezo kuri bagenzi be, kandi usange umukunzi we yaramwimariyemo, kuburyo nta wundi musore ashobora gushyira mu mishinga ye.
Musore rero ugomba kuzirikana ko ibi ari ibintu byoroshye kubikora nyamara bikagira umusaruro w’indashyikirwa mu myubakire y’abashakanye, hato utazamara no kurushingana n’uwakwihebeye ugasanga utangiye guteshuka ku nshingano zawe:
1. Kumusoma buri uko umusezeye na buri uko umusuhuje
Iki ni igikorwa kigaragarira amaso uba ukoze ariko nyamara ntabwo biba birangiriye aho kuko byirukanyira mu byiyumviro byanyu bigatuma muhora muzirikana urwabahuje, mukifuza gutera intambwe yo kwibanira nk’umugore n’umugabo. Gusoma umukunzi/umugore wawe bigire umuco maze urebe ngo murarwubaka rugashinga imizi.
2. Kumuhamagara, Kwandika SMS cyangwa Email byibura rimwe ku munsi
Ibi ushobora kubikora umubaza uko amerewe aho muri hatandukanye kabone n’ubwo waba wari uherutse amakuru ye, ntibikakubuze na rimwe kumugaragariza inyota y’ubushake bwo kumenya uko amerewe aho ari hose. Ibi bizatuma yumva ko umwitayeho by’ukuri kandi ajye ahora azirikana agaciro uba wamuhaye mu buzima bwe. Umukobwa wafashe gutya nta na rimwe ajya yifuza ko yakujya kure mu buzima bwe.
3. Kugirana ikiganiro muri kumwe imbonankubone
Nuha umwanya umukunzi wawe wo kuganira muri kumwe, nta kabuza uzamutwara intekerezo zose kuko uzaba umuhaye umwanya nya wo wo kumugaragariza ibyiyumviro byawe byo kuba wifuza guhorana na we, no kumugaragariza urukundo ruhamye muri kumwe. Ni mumara gushakana, iki gikorwa cy’ingenzi mushobora kukigirana mugitondo mubyutse, cyangwa se mukabikora nijoro mugiye kuryama. N’ubwo biba bitoroshye kubafite nk’abana bato, burya mugomba gukora uko mushoboye kose mukabonerana umwanya wo kuganira televiziyo na telefoni mukaba mubyegeje hirya.
4. Kumuhobera mukamarana nibura amasegonda 30 mugifatanye
Uku guhoberana by’amasegonda 30 ni iby’ingenzi cyane ku bakundana kuko bituma imibiri yanyu ikanguka mugahora mwumva buri wese yishimiye mugenzi we. Iyo uhobeye umukobwa mukundana muri ubu buryo, aba yumva ko nta wundi ushobora kumurutisha mu buzima bwanyu, bigatuma rero akugira indashyikirwa mu bandi bose.
Ubushakashatsi bwerekanye ko guhoberana bigabanya umuvuduko w’amaraso bigatera kandi umubano mwiza hagati yanyu mwembi. Ibi rero ni ngombwa kubikora buri uko muhuye kuko bituma agaciro k’umufasha wawe kiyongera n’urukundo rwanyu rugashinga imizi.
Ni iki wakora ukigarurira umutima w'umukobwa mukundana?
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
Ibirimo
abagabo
abagore
abahanzi nyarwanda
abakobwa
abakobwa beza
abana
abanyapolitiki
Afurika
agakingirizo
akazi
amabere
amabya
AMAFOTO
amaraso
amaso
amasohoro
amateka y'u Rwanda
amenyo
Burundi
byendagusetsa
film nyarwanda
gorora imbavu
guhuza igitsina
gukebwa
gukuna
gupfubura
gusama
gusohora
gusohora k'umugore
gusomana
guteka
ibidukikije
Ibirari by'Insigamigani
ibyamamare
igikoni
igitsina
igituba
ikibuno
ikoranabuhanga
imboro
imibereho
imibonano mpuzabitsina
imigenurano
imihango
imihango y'umugore
imirire
imyidagaduro
imyororokere
inama ku igitsina
inama z'igitsina
inama z'urukundo
indaya
indirimbo
indwara
indwara z'ibitsina
iyobokamana
kunyaza
kwambara
kwikinisha
nkore iki
politiki
rebavideo
SIDA
ubuhinzi
uburemba
uburezi
uburinganire
ubushakashatsi
ubusugi
ubutabera
ubuzima
ubwiza
ubworozi
udukoryo
umuco nyarwanda
umurimo
umusatsi
umutekano
urukundo
urwenya
utuntu n'utundi
uyu munsi mu mateka
wari uzi ko

0 comments:
Post a Comment