by www.urwego.com
Mbere na mbere mbanje kubasuhuza, ubu mbasuhuza mfite n’ikibazo nkaba mbagisha inama.
Mu kwezi gushize, nibwo nasuye umusore w’inshuti yanjye, aba muri Kigali, nibwo bwa mbere nari musuye ariko ndabona urwo yambwiraga ankunda ndabona rwarangiye.
Ubwo naramusuye tugirana ibihe byiza, biba ngombwa ko ansaba ko twagumana, anyereka imishinga myinshi y’uburyo tuzakoramo ubukwe, ko atari ngombwa kubikora mbere.
Mbese narabyemeye pe, afata amafaranga tugura ibiribwa angurira n’igitenge n’ibindi nk’umugore we pe, mbona bishyushye.
Ubu muri iyi minsi naramubuze, yantaye mu nzu aragenda, ndamuhamagara akanga kunyitaba, ariko nimugoroba nibwo undi musore yampamagaye arambwira ngo azasange namuviriye mu nzu.
Gusa nabajije abaturanyi barambwira ngo hari undi musore babanaga, ariko ko yari amaze igihe atahaba, ubwo wenda bagakeka ko kaba ari agakino bankoze, kugirango abone uko anyirukana.
Mungire inama, nkore iki? uko byagenda kose inda yo yarinjiye pe, ukuntu nzasubira iwacu nabyo ndumva ari ihurizo, mungire inama, murakoze!
Inkuru z'Urukundo
Reba video zitandukanye
Nkore iki
Nasambanye n'umusore ansaba ko mpaguma, bukeye anta mu nzu. Nkore iki
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
Ibirimo
abagabo
abagore
abahanzi nyarwanda
abakobwa
abakobwa beza
abana
abanyapolitiki
Afurika
agakingirizo
akazi
amabere
amabya
AMAFOTO
amaraso
amaso
amasohoro
amateka y'u Rwanda
amenyo
Burundi
byendagusetsa
film nyarwanda
gorora imbavu
guhuza igitsina
gukebwa
gukuna
gupfubura
gusama
gusohora
gusohora k'umugore
gusomana
guteka
ibidukikije
Ibirari by'Insigamigani
ibyamamare
igikoni
igitsina
igituba
ikibuno
ikoranabuhanga
imboro
imibereho
imibonano mpuzabitsina
imigenurano
imihango
imihango y'umugore
imirire
imyidagaduro
imyororokere
inama ku igitsina
inama z'igitsina
inama z'urukundo
indaya
indirimbo
indwara
indwara z'ibitsina
iyobokamana
kunyaza
kwambara
kwikinisha
nkore iki
politiki
rebavideo
SIDA
ubuhinzi
uburemba
uburezi
uburinganire
ubushakashatsi
ubusugi
ubutabera
ubuzima
ubwiza
ubworozi
udukoryo
umuco nyarwanda
umurimo
umusatsi
umutekano
urukundo
urwenya
utuntu n'utundi
uyu munsi mu mateka
wari uzi ko

0 comments:
Post a Comment