by www.urwego.com
Umwaka urabura ukwezi kumwe ngo wuzure mbana n’umugabo wanjye, kuva twabana sindabona igitsina cye, narabigerageje ariko yaranze, niyo nifuje ko tujyana muri dushe arabyanga. ibi bintera amakenga cyane ku buryo mbona bizanansenyera.
Ngerageza kumukorakora ariko cyo iyo nkigezeho yanga ko nagikoraho, ikindi kintera impungenge, iyo tumaze gukora imibonano, akenshi ahita yimyoza nkabona ameze nk’ufite ikibazo gikomeye, namubaza ati nta kibazo cherie, ati ‘ndagukunda cyane’ mbese nkabona ko hari ikibazo ankinze.
Kugeza n’ubu nta nda yari yantera, nkaba nibaza ikibazo igitsina cye cyaba gifite byaranyobeye, iyo antera akabariro mba numva nta kibazo, keretse rimwe na rimwe asohora nkabona ameze nkubabara.
Mungire inama kuko kubana n’umuntu hari ibyo agukinga burya nabyo birababaza pe.
Mungire inama y’icyo nakora ngo menye ukuri k’uyu mugabo wanjye, iyo musabye kubiganiraho mbona agize akabazo cyane, niyo turyamye ngerageza gukoraho ariko ahita amfata intoki, ngayo nguko.
Inkuru z'Urukundo
Reba video zitandukanye
Nkore iki
kuva nabana n'umugabo wanjye sindabona igitsina cye
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
Ibirimo
abagabo
abagore
abahanzi nyarwanda
abakobwa
abakobwa beza
abana
abanyapolitiki
Afurika
agakingirizo
akazi
amabere
amabya
AMAFOTO
amaraso
amaso
amasohoro
amateka y'u Rwanda
amenyo
Burundi
byendagusetsa
film nyarwanda
gorora imbavu
guhuza igitsina
gukebwa
gukuna
gupfubura
gusama
gusohora
gusohora k'umugore
gusomana
guteka
ibidukikije
Ibirari by'Insigamigani
ibyamamare
igikoni
igitsina
igituba
ikibuno
ikoranabuhanga
imboro
imibereho
imibonano mpuzabitsina
imigenurano
imihango
imihango y'umugore
imirire
imyidagaduro
imyororokere
inama ku igitsina
inama z'igitsina
inama z'urukundo
indaya
indirimbo
indwara
indwara z'ibitsina
iyobokamana
kunyaza
kwambara
kwikinisha
nkore iki
politiki
rebavideo
SIDA
ubuhinzi
uburemba
uburezi
uburinganire
ubushakashatsi
ubusugi
ubutabera
ubuzima
ubwiza
ubworozi
udukoryo
umuco nyarwanda
umurimo
umusatsi
umutekano
urukundo
urwenya
utuntu n'utundi
uyu munsi mu mateka
wari uzi ko

1 comments:
umva mabuja nyandikira kuri email nkugire inama ndi ku gisozi ronaldkevinkany@gmail.com
Post a Comment