Abahungu kimwe n’abakobwa bari mu rukundo bakunda kwitabwaho, guteteshwa no kwerekwa urukundo mu buryo butandukanye bahitiwemo n’abo bakundana.
Urubuga aufeminin.com rurabwira abakobwa amagambo 10 bazajya bakunda kubwira abakunzi babo kugira ngo barusheho kubishimira no kumva banezerewe no gukundwa na bo.
1. Ndakwizera: Umuhungu ukunda ahora aharanira ko umukobwa akunda abimenya kandi akabiha agaciro, noneho umuhungu w’umunyakuri we ni akarusho, aba yifuza ko umukunzi we amubwira ko azi uburyo amubwiza ukuri.
2. Nishimiye igikorwa cyawe , aha ni igihe umuhungu abwiye umukobwa icyiza yagezeho, kubibwira umukobwa ni uko aba anifuza ko acyishimira kandi akabimubwira.
3. Uri umuhanga , nk’igihe hari ikintu umuhungu akoze yagitakajeho ubushishozi buhanitse, biramushimisha cyane iyo umukobwa abibonye ko icyo kintu akoze cyamusabye ubushishozi buhanitse.
4. Uri umukozi , igihe umuhungu yakoze akazi kamunanije akenshi iyo agakoreye umukobwa, ni ibyishimo kuri we iyo umukobwa agahaye agaciro.
5. Ngira inama, mpa igitekerezo cyawe, wowe urabyumva ute?. Ibi byereka umuhungu ko umukobwa bakundana amubonamo umuntu w’inyangamugayo, ushyira mu gaciro kandi ufite ibitekerezo by’abagabo.
6. Ndemeye , abahungu batandukanye batekereza ko abakobwa batabarika batazi kwemera ikintu ngo babigaragaze cyangwa guhakana, ibi bikabagaragaza nk’abatazi gufata icyemezo. Umuhungu ufite umukobwa w’inshuti, yishimira ko iyo nshuti ye izi gufata icyemezo,kandi iakmenya kwemera no guhakana igihe ari ngombwa vuba kandi neza itajinjikanyije.
7. Ntugire impungenge , aha ni igihe umuhungu yakoshereje umukobwa akamusaba imbabazi, iyo umukobwa amubabariye akamumara impungenge ko atatinze kuri iryo kosa yamukoreye, biramushimisha.
8. Ndi uwawe gusa , iki ni icyizere uba uremye mu muhungu mukundana kuko yumva ko umwubaha kandi umuha agaciro katavogerwa mu buzima bwawe.
9. Nagukumbuye , kimwe mu bimenyetso by’abakundana ni ugukumburana, iyo umuhungu umubwiye ko umukumbuye yumva ko unamukunda.
10 . Uranyura ; Iri jambo riha umuhungu icyizere cyo kumva ko wishimira uko ateye, uwo ari we, icyo ari cyo, iri ni ijambo rikubiyemo byinshi kandi ritera umuhungu akanyabugabo ko kumva ko wishimira uwo ari we kandi ko utajya hanze kuko akunyura kandi agutera ishema.
Amagambo ashimisha abasore buri mukobwa agomba kumenya
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
Ibirimo
abagabo
abagore
abahanzi nyarwanda
abakobwa
abakobwa beza
abana
abanyapolitiki
Afurika
agakingirizo
akazi
amabere
amabya
AMAFOTO
amaraso
amaso
amasohoro
amateka y'u Rwanda
amenyo
Burundi
byendagusetsa
film nyarwanda
gorora imbavu
guhuza igitsina
gukebwa
gukuna
gupfubura
gusama
gusohora
gusohora k'umugore
gusomana
guteka
ibidukikije
Ibirari by'Insigamigani
ibyamamare
igikoni
igitsina
igituba
ikibuno
ikoranabuhanga
imboro
imibereho
imibonano mpuzabitsina
imigenurano
imihango
imihango y'umugore
imirire
imyidagaduro
imyororokere
inama ku igitsina
inama z'igitsina
inama z'urukundo
indaya
indirimbo
indwara
indwara z'ibitsina
iyobokamana
kunyaza
kwambara
kwikinisha
nkore iki
politiki
rebavideo
SIDA
ubuhinzi
uburemba
uburezi
uburinganire
ubushakashatsi
ubusugi
ubutabera
ubuzima
ubwiza
ubworozi
udukoryo
umuco nyarwanda
umurimo
umusatsi
umutekano
urukundo
urwenya
utuntu n'utundi
uyu munsi mu mateka
wari uzi ko

0 comments:
Post a Comment